kwibuka UWAMARIYA Victoire

news details 2018-05-13 20:06:15
Kunshuro ya gatatu kuri EAR Byumba habereye umuhango wo kwibuka UWAMARIYA Victoire

Uyu n'umwaka wa gatatu Madam UWAMARIYA Victoire amaze y'itabye Imana kuri Diocese ya Byumba habereye umuhango wo kumwibuka aho witabiriwe n'abantu baturutse impande n'impande

habaye amateraniro muri cathederal st Paul
Bishop wa Diocese ya Kigeme n'Umufasha we
Bishop wa Diocese ya Kigali
Bishop wa Diocese ya Butare
Bishop wa Diocese ya Gahini
Abashumba barimo gucinya akadiho
bari bizihiwe cyane aho baririmbirwaga n'itsinda ry'Abana b'Abapasiteri bo mu Rwanda bishyize hamwe
Abakristo bari banezerewe aho barimo barabwirizwa n'Umushumba wa Diocese ya Butare
Bishop wa Diocese ya Byumba aho yarari kubasabira umugisha basoza amateraniro
Murugenda berekeza aho Nyakwigendera UWAMARIYA Victoire ashyinguye
abapasitri gari bari kwirimbi aho nyakwigendera ashyinguye
Abashumba bashyira indabo kumva ya nyakwigendera
nibenshi bagiye bashyira indabo kumva
Abana babayeho nabi bafashwa na UWARIYA VICTOIRE ORGANISATION aho bafasha abana m'uburyo bwimirire,imyambaro,imyigire,imibereho yabo ndetse n'ibindi.
UWAMARIYA VICTOIRE ORGANISATION ifasha abo mungeri nyinshi zitandukanye harimo n'impinja zibayeho nabi ndetse n'abandi.
Ishuri KING SALOMON ACADEMY ryatangijwe na Madam UWAMARIYA Victoire aho rimaze kugera ku kigero gishimishije kandi rifite intumbero yo kugera kure
basoje amateraniro bitanda buri wese uko yifitee kugira ngo bafashe abo bafashwa na UWAMARIYA VICTOIRE ORGANIZATION aho habonetse amafaranga yo kuzabafasha mu buryo butandukanye kandi nanubu uko umuntu ashobojwe n'Imana icyo gikorwa cy'urukundo n'impuhwe cyiracyakorwa
kandi ntago ari amafaranga gusa ahubwo hatwazwe n'ibindi byafasha muburyo butandukanye

Related Post