Yubilee y'imyaka 25 ear Byumba imaze

news details 2017-07-18 13:00:53
Ijambo rya Guverineri w'intara y'Amajyaruguru

Nyuma yaho yasabye Meya guha ikaze guverineri w'intara y'Amajyaruguru ndetse ari nawe wari umushyitsi mukuru Guverineri yatangiye abashimira kuba bamutumiye kandi anabagezaho intashyo zitandukanye harimo iza President wa Repubulika y'u Rwanda ndetse na Minisitre w'ubutegetsi utabashije kuhaboneka kubw'impamvu zamutunguye kandi akomeza avugako inshingano za musenyeri zidatandukanye n'inshingano z'umuyobozi w'intara kandi ko ko abagomba kubifatanyamo bakita k'ubaturage dore ko ntamizinga ivuga mu gihugu kuko igihugu gifite umutekano kandi dore ko Musenyeri cyangwa se na Pasiteri adakenera kujya mu karere ava mukandi ngo akenere VISA ahubwo agenda kandi kumutekano kandi no miyindi myaka makumyabiri n'itanu itaha batera intambwe iruta cyane iyo bateye kubufatanye. Kandi ashimira itorero ku bwabyinshi ikorera abaturage harimo kubaha amshuri amavuriro ndetse n'ibindi kandi ashimira gahunda ya mfasha nkufashe cyangwa mvura nkuvure(SOCIOTHERAPY) kandi akomeza shimira itorero kuko rigira uruhari rukomeye mu guteza imbere umugi muri gahunda zitandukanye, kandi avugako Krito bakiriye bamwakira bari mu mutekano kandi nta bitekerezo bibi bafite kandi ko Umwuka wera utura mu rugo rufite isuku isabukuru itubwira ko igihugu cyacu gifite umutekano kuko kumara iyo myaka yose aricyo bivuka bakagira imitekerereze myiza kandi bakubaka itorero rishingiye k'urubyiruko kuko arirwo torero ry'ejo hazaza kandi ashishikariza n'andi matorero ko yagira ubufatanye kandi soza abashishikariza gukomeza gutwaza kugirango imibereho yacu kandi yanyu ikomeze kugirango ukwemera kwabo gushinge imizi.

Related Post