Gutaha inzu ya Ear Byumba

news details 2017-07-18 12:11:43
EAR Diyosezi ya Byumba yatashye ku mugaragaro inzu

EAR Diyosezi ya Byumba yatashye ku mugaragaro inzu iherereye mu mugi wa Gicumbi ahazwi kuri Approvia iyo nyubako ikaba yuzuye itwaye afaranga arenga miliyoni magana atandatu na mirongo itanu(650,000,000Frw) aha ni Bishop Emmanuel NGENDAHAYO ari kumwe na Arch Bishop wa province Dr Onesphore RWAJE ndetse Mayor w'Akarere ka Gicumbi bari gutaha ku mugaragaro iyi nyubako yiswe YUBILEE HOUSE Nyuma yo kuyifungura ku mugaragaro nibwobatangiye gutemberezwa na nyiricyubahiro NDENDAHAYO Emmanuel muriyo nyubako abereka uko imeze EAR Byumba ikaba itangaza ko mu rwego rwo kwiteza imbere kwigira kandi no guteza imbere abaturage yatekereje kubaka inzu y'ubucuruzi ijyanye n'igihe mu mugi wa Gicumbi kugirango ifashe abacuruzi gucuruza ibicuruzwa byabo ndetse na EAR Diyosezi ya Byumba nayo ibone amafaranga azajya ayifasha mu bikorwa bitandukanye avuye mu gukodesha iyo nyubako kandi ibyongeyeho igaha ishusho nziza umugi ituyemo

Related Post